Wednesday, June 21, 2017

UMWUKA MUBI HAGATI YA KINSHASA NA LUANDA, KABILA SHOBORA GUKURWA AMATA MUKANWA.

RDC: UMWUKA MUBI HAGATI YA KINSHASA NA LUANDA, KABILA SHOBORA GUKURWA AMATA MUKANWA.
Umukino wa kinshasa wokwigira nyoninyinshi wayitandukanije namahanga ndetse nibihugu bituranyi, kumunsi wejo ministre wububanyi namahanga wigihugu ca ANGOLA gihanya imbibe na congo kikaba nigihugu cinshuti magara igize ubutegetsi bwa kinshasa yahamagaje ingabo za angola, abanyapolitique ba angola, abatechniciens ba angola bakoreraga ubutegetsi bwa kinshasa guhera 1998 bataha i LUANDA kumurwa mukuru wa angola.
Irihamagarwa ryabatechnicien ba angola bakava muri congo ryasigiye icoba cinshi abategetsi ba kinshasa kuko basigaye bifashe kumatama ati ibyo katumbi adukoreye.
Nyuma yaho izingabo za angola nabatechniciens bavuye kinshasa ministre wububanyi namahanga wa angola CHIBOTE yegereye itangazamakuru maze ibyakinshasa abishira kukarubanda ati: tugize igihe dukoran nabaturanyi bacu ba congo ariko ntibagirwa inama, ibyomusezeranye sibyo bakora, kuki abantu bicwa kasaï abasigaye bagahungira iwacu ANGOLA? ese ababantu barazira iki? Ko congo yahoraga ivugako urwanda rwayibujije amahoro harabanyarwanda bari kasaï? Ibihumbi 38.000 byimpunzi bimaze kugera muri angola muruyumwaka UNHCR igomba gutabara cangwa tukabasubizayo cangwa kinshasa igakoresha amatora amahoro akaboneka.
Ayamagambo yuyumugabo isi yayabonyenkejo ati burya karekose iyo muvugagutyo ubwo nubwongereza bucumbikiye katumbi.
Gukura ingabo za angola bishobora kuba hari icihishe inyuma umukire wumucongomani SINDIKA DOKOLO akaba umukwe wa president wa angola JOSE SANTOS kuko yashatse umwanawe ISABELA SANTOS kuwagatanu ushize yandikiye kabila kuri twitter ati: turashaka amatora cangwa uve kubutegetsi kuko ntamahoro dufite, yongeraho ati abacongomani duhaguruke twirwaneho kuko tubyemerewe nitegeko article 64, arasubira ati igihe niki. Abasesenguzi bati DOKOLO numwana wibwami kwa santos umwe muba president bakomeye muri africa kandi ufite politique ya kinshasa mubiganza kuko niwe washizeho joseph kabila, hakibazwa impanvu dokolo yavuze irijambo.
Ubwo kabila yari mumisiri yariyagiye gusaba president wa misiri kugirango amufashe kunvisha angola imushigikire mubibazo bya politique arimo kuri none ariko president JOSE EDUARDO SANTOS asigaje amezi abirinkintoki akava kubutegetsi kandi uzamusimbura mwishaka ryiwe ntavugarumwe na kinshasa.
Ikindi cateye kinshasa ubwoba nuko ministre wububanyi namahanga yasabyeho amatora ya congo yakorwa uyumwaka, ashigikira amasezerano ya 31-12-2016 yayobowe na cenco kandi ayamasezerano yemeza amatora muri congo ariko kabila atiyamamaje, yongera asabako O.N.U ikora anketi kubwicanyi kasaï.
Tubibutseko uyumunsi hamenyekanye umutwe wabicanyi bica abantu kasaï washizweho na reta witwa "BANA MURA" iyinkuru yatangajwe na ONU kandi bavugako uyumutwe ugizwe nabasirikare, abapolice, maneko, cadre bahoze bayobora mai mai muri ituri, nord kivu, na sud kivu bashizweho na reta ya kinshasa.
Uyumunsi GENEVE mubusuisse hari inama yemeza anketi yigenga kubibera kasaï na beni.
Kurubu imukuno wakinshasa ukaba usa nuwerekeza kuminota yanyuma.

Sent from my iPhone

No comments: