Sunday, November 26, 2006

INGABO ZABISOGO MUBIBOGOBOGO KUBIGANIRO

Inkuru itugezeho nuko ngo delegation yabasirikare ba Bisogo basigaye batuye mu Minembwe, ngo baba bagiye mubibogobogo kugira ngo baganire naba Bembe kubyerekeye umwuka mubi uvugwa mugace kabubembe. Ngo intego yurworugendo nukujya kuganira n'ababembe ngo kureba ko "bagabanya umwuka mubi hagati ya moko"
Uwatanze ayamakuru utashatse kuvugw'izina yavuze ko ngo uwomurongo ugamije gushaka ukuntu amoko yomuri Sud-Kivu yakwigana ayo muri Nord Kivu, ngo "bakarenga ibyamoko ndetse ngo byabangombga bakazarwanira hamwe bose".

Umuntu akabayibaza niba icyo gitekerezo kitashirwa mubikorwa n'izego zose za societe civile yamoko yose ya Sud Kivu, kugirango bose bashakishe inzira yokumara amacyakubiri bicyiye mubiganiro aho gucya muntambara.

Source
Anonym

2 comments:

Anonymous said...

Nibyiza gutekereza aho umuntu yaaturutse nde akagira nuruhare mukuhateza imbere. none banyamurenge muratekereza iki kubirigukorwa iwacu?
Tureke amacakubiri ashingiye kumiryango naho ibindi byose turabishoboye.

Anonymous said...

Masunzu arashaka iki ko usenya iwe bamutiza umuhoro!abanyamahanga bo ntibanze kodupfa tugashira nkingene babishatse kuva kera. None igitangaje nuko natwe tubishatse ko dushira , gusa ntabapfira gushira ariko mwibuke ko dufite umwanzi wakera kuva kuribasogokuruza namwe mutayobewe. Ndetse hari uwigeze kuvuga ko bazatubuza ijuru uretse igihugu.